Events and News

IHURIRO RYASOJE AMAHUGURWA Y’ABAGIZE URWEGO RUSHINZWE KUGENZURA IMYITWARIRE NO GUKEMURA IMPAKA MU MITWE YA POLITIKI
Nyuma y’aho mu mwaka w’ingengo y’imari 2022-2023, Ihuriro ryahuguye abagize Urwego rushinzwe kugenzura imyitwarire no gukemura impaka mu Mitwe ya Politiki bo mu Ntara y’Iburasirazuba, abo mu Ntara (...)
Urubyiruko rusaga 80 rwo mu Mitwe ya Politiki rwasuye Ingoro y’amateka y’urugamba rwo guharika Jenoside, runasura Urwibutso rwa Jenoside rwa Rebero
Tariki ya 20 Mata 2024, Urubyiruko rwo mu Mitwe ya Politiki iri mu Ihuriro, rwo mu Mujyi wa Kigali n’urwo mu Ntara y’Iburasirazuba, rwiga mu Ishuri ry’Ihuriro ryigisha Politiki n’imiyoborere (Youth (...)
UBUTUMWA BWO KWIFATANYA N’ABANYARWANDA KWIBUKA KU NSHURO YA 30 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU 1994
UBUTUMWA BWO KWIFATANYA N’ABANYARWANDA KWIBUKA KU NSHURO YA 30 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU 1994 Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu/PL ryifatanyije n’Abanyarwanda bose, (...)
Ihuriro ryizihije isabukuru y’imyaka 20 rimaze rigiyeho
Mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 Ihuriro rimaze rigiyeho, haganiriwe ku ruhare rw’Imitwe ya politiki n’Ihuriro mu miyoborere y’u Rwanda no kubaka ubwumvikane muri politiki nyuma ya Jenoside (...)
Ihuriro ry’imitwe ya politike NFPO ryatangije Amahugurwa ajyanye na Web Administration
Imbuga za Interineti z’Imitwe ya Politiki ni imwe mu miyoboro ikomeye yifashishwa mu kumenyekanisha ibikorwa by’Imitwe ya Politiki, haba mu gutangaza amakuru ku bikorwa by’Imitwe ya Politiki (...)
IBIRO BISHYA BY’ISHYAKA PL
Ishyaka Riharanira Ukwishyira kwa buri Muntu / PL ryimuriye ibiro byaryo mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kicukiro. Ni ku muhanda munini uva kuri rond point ya Sonatubes werekeza Kicukiro (...)
Kuba intangarugero mu byiza: intego y’Abagize Inama y’Igihugu ya PL
Hifashishijwe uburyo bw’ikoranabuhanga, kuri uyu wa 12 Kamena 2021, abagize Inama y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu PL bakoze inama iyobowe na Perezida wa PL (...)
Perezida Kagame yagejeje ku Banyarwanda ijambo ry’ihumure muri ibi bihe igihugu n’Isi byugarijwe n’icyorezo cya Koronavirusi
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yagejeje ku banyarwanda ijambo ry’ihumure muri ibi bihe igihugu n’Isi muri rusange byugarijwe n’icyorezo cya Koronavirusi, aho mu Rwanda kimaze kugaragara ku bantu 54 (...)
UBUTUMWA BW’ISHYAKA PL MU KWIBUKA KU NSHURO YA 25 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU 1994
Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu/PL ryifatanyije n’Abanyarwanda bose, by’umwihariko Abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 muri iyi minsi y’icyunamo, twibukamo (...)